Erifex.com
Erifex
Erifex Technology
Page Title
  IMYIDAGADURO  

USA: Umuhanzi chris brown aratangaza ko adatewe ubwoba nabamagana ibitaramo ateganya gukorera muri africa yepho

Yanditswe na: ubwanditsi  |  Mu: 2024-10-17 18:35:54

USA: Umuhanzi chris brown aratangaza ko adatewe ubwoba nabamagana ibitaramo ateganya gukorera muri africa yepho

umuhanzi w umunyamerica uririmba injyana ya rnb uzwi kwizina rya chris brown yatangaje ko adatewe ubwoba nabakomeje gutega iminsi ibitaramo ateganya gukorera mu gihugu cya africa yepho.

NI nyuma yaho umuryango women for change uharanira ubu renganzira bw abagore n abana muri africa yepho usabye abantu kuwushyigikira mu kwamagana ko uyu muhanzi chris brown yaza gutaramira muri afika yepho.


                

ubwo chris brown yamenyeshaga abakunzi be ko ategerezanyije amatsiko menshi ibi bitaramo ubwo yandikaga ati

                                                     sinjye uzarota nje

nyuma yaho ubutumwa busakariye kubakunzi be ndetse nabo bakagaragaza ko bamwiteguye neza

uyu muryango nawo wahise wamagana ibi bitaramo aho uvuga ko ibikorwa bya chris brown yakoze byo guhohotera abagore nabakobwa bitamwemerera kuba yataramira  muri iki gihugu kuko byaba ari ugutesha agaciro abahohotewe

                  


kugeza ubu abarenga ibihumbi 40 bamaze gusinya ko bashyigikiye iharikwa ry’ibitaramo ndetse imibare iracyagira kwiyongera.

mu 2009 ubwongereza bwahagaritse ibitaramo uyu muhanzi w umunyamerika nyuma yuko akubise uwari umukunzi we Rihanna

ibi bikaba bigaragaza ko africa yepho itaba ibaye igihugu cya mbere giharitse ibitaramo by umuhanzi chris brown

ibi bitaramo bya chris brown azakorera muri africa yepho biteganyijwe tariki 14 na 15 Ukuboza 2024, aho amatike yabyo yose yashize mu masaha abiri gusa ashyizwe hanze.

 

Share: Facebook | Twitter | Whatsapp | Linkedin Yasuwe inshuro: 41

kwamamaza

Tanga Igitekerezo:

kwamamaza
Erifex.com