Amakuru atugeraho aremeza ko abarwanyi bu mutwe wa M23 bakomeje imirwano ibahanganishije n ingabo za leta FARDC nimitwe iyishyigikiye muntara ya kivu y Amajyepfo nyuma yo kwigarurira Goma umurwa mukuru w intara yAmajyaruguru.
biremezwa neza ko bariyeri isigaye ari igizwe nibirindiro bikomeye FARDC nabayishyigikiye. aha M23 niharenga izahita yigarurira Bukavu ari nawo murwa mukuru wa kivu y Amajyepfo.
Share: Facebook | Twitter | Whatsapp | Linkedin Yasuwe inshuro: 87