Erifex.com
Erifex
Erifex Technology
Page Title
  IMYIDAGADURO  

Teta Sandra yinjiye mu bushabitsi bw’ibirungo by’ubwiza

Yanditswe na: Diane NIYOSE  |  Mu: 2025-08-05 11:25:44

Teta Sandra yinjiye mu bushabitsi bw’ibirungo by’ubwiza

Teta Sandra wabaye igisonga cya kabiri cya Miss SFB mu mwaka wa 2011 Izina rye ntago ryasibye

Mwitangazamakuru yakomeje kwamamara ubwo yateguraga ibitaramo mu Rwanda mu mwaka wa 2018

yaje kubikomereza mu gihugu cya Uganda kuri ubu akaba ariho arikubarizwa Sandra ni  umugore wa

Weasel wamenyekanye mu itsinda rya Good Life bakaba banafitanye abana babiri

Teta Sandra yatangaje ko yamaze kwinjira mu bucuruzi bwi birungo by’ubwiza byifashishwa nabagore

bizwi nka make up brand ye yamaze gushyira hanze yayise’’Empress Glam Beauty’’

Kuri ubu yatangiye gucururiza muri Uganda akaba arimo yisuganya ngo arebe ko byakwira hose muri

icyo gihugu nabona bimaze kugira aho bigera azaza no kubigurishiriza mu Rwanda 




Share: Facebook | Twitter | Whatsapp | Linkedin Yasuwe inshuro: 309

kwamamaza

Tanga Igitekerezo:

kwamamaza
Erifex.com