Erifex.com
Erifex
Erifex Technology
Page Title
  POLITIKE  

Umunya Kenya yarekuwe nyuma yimyaka irenga icumi ari ku rutonde rwo kunyongwa muri Arabia Saudite

Yanditswe na: ubwanditsi  |  Mu: 2025-07-24 09:52:07

Umunya Kenya yarekuwe nyuma yimyaka irenga icumi ari ku rutonde rwo kunyongwa muri Arabia Saudite


Stephen Abdukareem Munyakho ukomoka muri Kenya yari imaze imyaka irenga icumi ku rutonde

Rwo kunyongwa muri Arabia Saudite yarekuwe

Ibi byatangajwe nubutegetsi bwo muri kenya banyujije ku rubuga rwabo rwa X

Ati nibyo koko Stephen yarekuwe ku mbabazi yahawe

Mu 2011 ubwo uyu Stephen yateraga icyuma umwe mubo bakoranaga kuko nawe ngo yihoreraga

Birangira mugenzi we ahasize ubuzima bamukatira igihano cyo gufungwa imyaka itanu ku cyaha cyo kwica

umuntu utabigambiriye mu 2014 mu rubanza yahamijwe icyaha cyo kwica kikaba gihanishwa igihano 

cyurupfu inyongwa rya Munyakho ryakomeje kugenda risubikwa inshuro nyinshi

Nyuma yibiganiro byamaze igihe kirekire umuryango wuwishwe wahavuye wemera amafaranga yamaraso

Ibinyamakuru byo muri kenya byatangaje ko uwo muryango wahawe miliyoni yamadolari mu minsi

yashize amafaranga yatanzwe na leta hamwe nishyirahamwe rya bagiraneza

Arabia Saudite ikurikiza itegeko rya Islam rivuga ko igihano cyo kwica gishobora kworoshywa iyo

umuryango wuwishwe wemeye amafaranga yamaraso azwi nkindishyi ya kababaro 


Share: Facebook | Twitter | Whatsapp | Linkedin Yasuwe inshuro: 18

kwamamaza

Tanga Igitekerezo:

kwamamaza
Erifex.com