Erifex.com
Erifex
Erifex Technology
Page Title
  IMYIDAGADURO  

Couple ya Adonis na Kathia bahishuye byinshi ku mubano wabo

Yanditswe na: ubwanditsi  |  Mu: 2025-07-05 08:29:35

Couple ya Adonis na Kathia bahishuye byinshi ku mubano wabo

Adonis Jovon Filer wamenyekanye mu makipe ya basketball mu Rwanda na Kathia wo muri Mackenzies
akaba ari mukuru wa Miss Nishimwe Naomi we numukunzi we Adonis bahuriye mu kiganiro kimwe batangaza
byinshi ku mubano wabo mu kiganiro bagiranye na Kelly malda babana muri Mackenzies Team ariko nanone
akaba nyirasenge wabo bahishuye byinshi ku mubano wabo 
Kathia yabajijwe ikintu cyatumye ahitamo Adonis Yasubije ko 
Impamvu yamuhisemo nuko bahuza cyane akunda kumusetsa ntago amushyiraho igitutu ngo kora gutya
ambara gutya nyine niwa muntu umuhereza kwisanzura mu buryo bwose 
Akaba ariyo mpamvu yifuza kuzamarana nawe ubuzima asigaje kuri iyi si 
Adonis nawe bamubajije icyo yagendeyeho ahitamo Kathia ngo azamubere umugore yasubije yuko 
Kathia ari umukobwa mwiza Uzi guca bugufi niyo habayeho kutumvikana rimwe na rimwe agerageza kwiyoroshya mbese muri macye azi uko anturisha Kathia bamubajije nkumustar ugiye kujya mu zindi nshingano 
Ese ntago byaba bizaguhindura ukaba undi wundi tutarituzi
Kathia kamali Yasubije agira ati "Mu byukuri gushaka sinibaza ko bizampindura cyane 
Nintambwe ikomeye ariko nanone nziza ngiye kwaguka nkure mu bitekerezeho gusa ntago bizahindura ubuzima bwanjye cyane nzaguma kuba njyewe kubera yuko umukunzi wanjye ntajya anshyiraho igitutu numva ubuzima bwanjye butazahinduka cyane kubera mbere yo gukundana twabanje kuba inshuti zisanzwe turahuza cyane muri byinshi yego ntago navuga ngo ni byose ariko bicyeya nibyo byatumye muhitamo ko yazambera umugabo tuzabana igihe cyose nsigaje
 
Aba bombi bamaze kwemeranya kubana dore ko ubukwe bwaba bombi buteganyijwe kuba kuwa 5 Nzeri 2025
aho bari mu biruhuko i dubai

Share: Facebook | Twitter | Whatsapp | Linkedin Yasuwe inshuro: 73

kwamamaza

Tanga Igitekerezo:

kwamamaza
Erifex.com