Erifex.com
Erifex
Erifex Technology
Page Title
  POLITIKE  

Perezida wa Uganda Museveni yasinye itegeko risubizaho kuburanisha abasivile mu nkiko za gisirikare

Yanditswe na: Diane NIYOSE  |  Mu: 2025-06-17 03:48:00

Perezida wa Uganda Museveni yasinye itegeko risubizaho kuburanisha abasivile mu nkiko za gisirikare

Ni icyemezo kitakiriwe neza nabatavuga rumwe na leta bemeza ko iri tegeko rihonyora ububasha

bwurukiko rukuru rwa Uganda 

abaharanira uburenganzira bwa muntu bashinja leta gukoresha inkiko za gisirikare mu guhiga 

abatavuga rumwe na Museveni umaze igihe ku butegetsi

Mu gihe abajyanama be batabyemera bavuga ko abasivile bakoresha intwaro mu bikorwa bya politiki

ari bo bonyine baburanishwa muri izo nkiko

Ni nyuma yurugero rukomeye rwafatiwe kuri Kizza Besigye ,umunyapolitiki utavuga rumwe na leta

aho yafatiwe i nairobi akajyanwa muri Uganda agashyikirizwa inkiko za gisirikare nyuma akaza 

kwimurirwa mu nkiko zisanzwe

mu ntangiriro zuyu mwaka urukiko rukuru rwa Uganda rwabujije iyo myitwarire ruyita ko inyuranyije nitegeko nshinga

Inkiko zo muri Uganda zishobora kongera kubyinjiramo mu gihe zakira ubusabe bwabaturage basaba kurihagarika

Share: Facebook | Twitter | Whatsapp | Linkedin Yasuwe inshuro: 178

kwamamaza

Tanga Igitekerezo:

kwamamaza
Erifex.com